AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Musanze: NURC ifatanije na MINALOC batangije ihuriro ry’ubumwe n’ubwiyunge

Yanditswe May, 24 2017 11:54 AM | 3,575 Views



Ku nshuro ya mbere mu Rwanda mu karere ka Musanze niho hatangirijwe Ihuriro ry'ubumwe n'ubwiyunge nk'urwego ruzagira uruhare mu gushimangira gahunda yo kubwubaka bugahama. Iryo huriro rigizwe n'abahoze ari abayobozi kuva mu 1994 ndetse n'abayobora muri iki gihe, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe iterambere ry'abaturage muri MINALOC Vincent Munyeshyaka  yasabye abarigize gushyira imbere inyungu rusange no kubaka ubumwe butajegajega mu Banyarwanda.


Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama