Yanditswe Jun, 06 2023 16:07 PM | 14,707 Views
Abaturage batishoboye 26 bo mu Mirenge ya Shingiro, Gataraga na Busogo mu karere ka Musanze borojwe Inka mu rwego rwo kubafasha kwivana mu bukene no Kurwanya Imirire mibi.
Aba baturage bagabiwe inka bizeye ko izi nka zigiye kuzamura iterambere mu miryango yabo.
Ni igikorwa cyakozwe n'Itorero ADEPR mu Rwanda kubufatanye n'Ubuyobozi bw'Akarere ka Musanze.
Inka zatanzwe zifite agaciro ka Miliyoni zisaga 15Frw.
Robert Byiringiro
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru