Yanditswe Jan, 03 2018 22:26 PM | 6,783 Views
Eugène Murangwa, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, akaba yaramenyekanye mu mupira w’amaguru nk’umuzamu wa Rayon Sport ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi yahawe mu mpera z’umwaka dusoje umudari w’ishimwe n’umwamikazi w’Ubwongereza Queen Elisabeth, umudari uzwi nka Member of the British Empire kubera ibikorwa by’indashyikirwa akomeje kugaragaza yaba mu Bwongereza ndetse na hano mu Rwanda harimo kumenyekanisha Jenoside yakorewe Abatutsi kubatayizi ndetse no gufasha bamwe mu bayirokotse.
Mu kiganiro yagiranye n'umunyamakuru wa RBA, Eddy Sabiti, Murangwa yavuze uko yabonye igihembo n'icyo yumva gisobanuye kuri we.
Ikiganiro kirambuye:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru