AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Murangwa Eugene yahawe igihembo n'umwamikazi w'Ubwongereza Elizabeth

Yanditswe Jan, 03 2018 22:26 PM | 6,783 Views



Eugène Murangwa, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, akaba yaramenyekanye mu mupira w’amaguru  nk’umuzamu wa Rayon Sport ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi yahawe mu mpera z’umwaka dusoje umudari w’ishimwe n’umwamikazi w’Ubwongereza Queen Elisabeth, umudari uzwi nka Member of the British Empire kubera ibikorwa by’indashyikirwa akomeje kugaragaza yaba mu Bwongereza ndetse na hano mu Rwanda harimo kumenyekanisha Jenoside yakorewe Abatutsi kubatayizi ndetse no gufasha bamwe mu bayirokotse.

Mu kiganiro yagiranye n'umunyamakuru wa RBA, Eddy Sabiti, Murangwa yavuze uko yabonye igihembo n'icyo yumva gisobanuye kuri we.

Ikiganiro kirambuye:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama