AGEZWEHO

  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Ni igikorwa kigayitse ku Bufaransa- Amb. Anfré avuga ku bakozi babo bishwe muri Jenoside – Soma inkuru...

Minisitiri Dr. Biruta Vincent ari mu ruzinduko rw'iminsi ine muri Turukiya

Yanditswe Sep, 06 2021 16:58 PM | 51,498 Views



Kuva tariki ya 5 Nzeri 2021, Ministri w’ububanyi n’amahanga n'ubutwererane w’u Rwanda Dr. Biruta Vincent, ari mu ruzinduko rw’iminsi ine mu gihugu cya Turkiya ku butumire bwa mugenzi we Mevlut Cavusoglu.

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Turukiya ivuga ko ba minisitiri bombi bazaganira ku ngingo zirebana n’ubutwererane bw’ibihugu byombi, ku iterambere rigezweho mu karere buri gihugu giherereyemo ndetse no ku rwego mpuzamahanga.

Muri uru ruzinduko Minisitiri Dr. Vincent Biruta amaze guhura n'abayobozi batandukanye 



Minisitiri Dr. Vincent Biruta, azasoza uru ruzinduko tariki ya 8 Nzeri 2021.

U Rwanda rusanzwe rufitanye umubano na Turukiya, aho washimangiwe n’ishyirwaho rya Ambassade y’u Rwanda muri Turukiya mu mwaka wa 2013, na Turukiya nayo ifungura ambassade yayo mu Rwanda mu 2014.


Itangazo rya Minisiteri y'ububanyi n'amahanga ya Turukiya ritangaza uruzinduko rwa minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'u Rwanda muri iki gihugu.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura