AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Minisitiri w’Ubutabera wa Mozambique yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi ari ubunyamanswa bwakorewe inzirakarengane

Yanditswe Jun, 01 2022 20:08 PM | 127,854 Views



Minisitiri w’Ubutabera, kurinda itegeko nshinga n’imyemerere wa Mozambique, Helena Matheus Kida yatangaje ko Jenoside yakorewe Abatutsi ari ubunyamanswa bwakorewe inzirakarengane, isi yose ikwiye guharanira ko ntaho yakongera kuba ukundi.

Uyu muyobozi yabitangaje kuri uyu wa Gatatu, ubwo yatangiraga uruzinduko rw’iminsi 4 mu Rwanda aho aje kureba ibijyanye n’imikorere y’inzego z’ubutabera bw’u Rwanda. 

Uruzinduko rwe rwabanjirijwe no gusura urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama