Yanditswe Jul, 21 2022 14:40 PM | 50,421 Views
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Ngirente Edouard Ngirente yageze i Arusha muri Tanzania aho ahagariye Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu Nama y’Abakuru b’ibihugu mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba.
Ni inama ya 22 biteganyijwe ko izatangira kuwa Gatanu w'iki cyumweru ikazamara iminsi 2.
Iyi nama ikaba yabimburiwe n’umwiherero wo ku rwego rwo hejuru wiga ku isoko rusange rw’Umuryango wa Afurika y’Iburasiraza. Inama yanitabiriwe na Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente.
Iyi nama ihurije hamwe abayobozi bakuru mu nzego za Leta, abikorera ku giti cyabo, abo muri sosiyete sivile n'abandi bafatanyabikorwa bose hamwe babarirwa muri 300, ku bijyanye n'amasezerano y'isoko rusange mu muryango muryango wa Afurika y'iburasirazuba.
Bararebera hamwe aho gushyira mu bikorwa ayo masezerano bigeze, imbogamizi zirimo n'uburyo bwo kuzikuraho ndetse n'inzego abafatanyabikorwa b'uyu muryango batangamo umusanzu wabo kugira ngo iri soko ribe impamo.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru