AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Minisitiri w’Intebe yahagarariye Perezida Kagame mu nama ya EAC

Yanditswe Jul, 21 2022 14:40 PM | 50,421 Views



Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Ngirente Edouard Ngirente yageze i Arusha muri Tanzania aho ahagariye Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu Nama y’Abakuru b’ibihugu mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba.

Ni inama ya 22 biteganyijwe ko izatangira kuwa Gatanu w'iki cyumweru ikazamara iminsi 2.

Iyi nama ikaba yabimburiwe n’umwiherero wo ku rwego rwo hejuru wiga ku isoko rusange rw’Umuryango wa Afurika y’Iburasiraza. Inama yanitabiriwe na Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente.

Iyi nama ihurije hamwe abayobozi bakuru mu nzego za Leta, abikorera ku giti cyabo, abo muri sosiyete sivile n'abandi bafatanyabikorwa bose hamwe babarirwa muri 300, ku bijyanye n'amasezerano y'isoko rusange mu muryango muryango wa Afurika y'iburasirazuba. 

Bararebera hamwe aho gushyira mu bikorwa ayo masezerano bigeze, imbogamizi zirimo n'uburyo bwo kuzikuraho ndetse n'inzego abafatanyabikorwa b'uyu muryango batangamo umusanzu wabo kugira ngo iri soko ribe impamo.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama