AGEZWEHO

  • Abagore bari mu nzego z'ubuyobozi n'abazihozemo muri Loni basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali – Soma inkuru...
  • Amajyaruguru: Abaturage babangamiwe n'buriganya bukorwa n'abakomisiyoneri – Soma inkuru...

Minisitiri Sunak yavuze ku cyemezo cy'Urukiko rw'Ikirenga kuri gahunda y'abimukira

Yanditswe Nov, 15 2023 21:01 PM | 143,579 Views



Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Rishi Sunak yavuze ko gahunda yo kujyana abimukira mu Rwanda itarangiriye aha, ahubwo agiye kwifashisha amategeko y’ibihe bidasanzwe agaragaza amahoro ari mu Rwanda.

Ni nyuma y’uko Urukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza rwanzuye ko kohereza abimukira mu Rwanda binyuranyije n’amategeko.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Brig.Gen Rwivanga yasabye abiga muri RICA gusigasira ibyo u Rwanda rwagezeho

General Gatsinzi Marcel yashyinguwe

Ingabo za Congo zongeye kurasa ku butaka bw'u Rwanda

U Rwanda rwamaganye amakuru avuga ko RDF ifasha abarwanya FARDC

Abayobozi b'inzego z'ubuzima mu ngabo zo muri EAC mu nama ku bufatanye

Perezida Kagame yashimye inzego z'umutekano ku bwitange zagaragaje muri 202

RDF yatangaje ko ntaho ihuriye n'ibikorwa by'abahoze ari abarwanyi ba

Col Karuretwa yagizwe Brig General, anagirwa umuyobozi muri RDF