Yanditswe Apr, 26 2016 09:56 AM | 3,143 Views
Ministre w’ububanyi n’amahanga Louise Mushikiwabo uri mu ruzinduko rw’akazi muri US, yaraye atanze ikiganiro mu ishuli ryitwa The Elliott School of International Affairs, ni ishuli ryigisha ibijyanye n’ububanyi n’amahanga muri kaminuza yitiririwe George Washington, the George Washingtton University.
Ni ikiganiro cyagarutse ku mahirwe agaragara mu burasirazuba bwa Afrika bigendeye ku kwihuza kw’ibihugu byo mu karere, Ministre Louise Mushikiwabo yerekanye ko u Rwanda ruherereye muri Afrika yo hagati ndetse n’iy’ibirasirazuba, kandi ko kwishyira hamwe kw’ibihugu bifite inyungu nyinshi ku banyarwanda.
Yagize ati kwishyira hamwe n’abaturanyi bifasha mu gushaka uko iterambere ryakwihuta muri hamwe, byo kandi bisaba ubufatanye bwa bose ndetse n’ubushake bwa politike.
Ministre Louise Mushikiwabo kandi yagiranye ibiganiro na Senator Rounds Mike, Senateri wo muri leta ya Dakota y’amajyepfo, iminsi ishize nawe wari mu Rwanda, mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru