AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

AMAFOTO: Minisitiri Gatabazi yatangije iyubakwa ry’ibiro bishya by’Akarere ka Burera

Yanditswe Sep, 24 2021 15:11 PM | 60,891 Views



Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihubu, Jean Marie Vianney Gatabazi yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka ibiro bishya by'Akarere ka Burera.

Ni inyubako itangiye kubakwa mu Murenge wa Rusarabuye igeretse gatatu, bikaba biteganijwe ko izuzura mu gihe cy'imyaka ibiri itwaye asaga miliyari eshatu z’amafaranga y’u Rwanda.

Abaturage baatuye muri aka karere bavuga ko ibiro by'Akarere kabo byari bito ndetse n'inyubako zishaje.

Minisitiri Gatabazi avuga ko kubaka ibiro bishya by'aka karere, bizatuma abaturage barushaho kuhabwa serivisi inoze, kandi ko gahunda yo kuvugurura inyubako uturere dukoreramo izakomeza uko bushobozi buzagenda buboneka.

Akarere ka Burera gakorera mu nzu zahoze zikoreramo icyahoze ari Sous Prefecture ya Kirambo, zari zimaze imyaka isaga 30 zubatswe.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama