AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Minisitiri Vincent Biruta ari muri Turukiya

Yanditswe Sep, 07 2021 18:14 PM | 193,886 Views



Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta uri mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Turukiya, we na mugenzi we wa Turukiya Mevlüt Çavuşoğlu basinye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’uburezi, inganda na siporo.

Uru ruzinduko rw’akazi muri Turukiya, rugamije gushimangira umubano mwiza ibihugu byombi bisanzwe bifitanye.

U Rwanda na Turukiya bisanzwe bifitanye imikoranire mu nzego zitandukanye zirimo n’iz’umutekano.

Muri Werurwe 2020, Polisi y’u Rwanda na Polisi ya Turukiya bemeranyije gukomeza gushimangira ubufatanye mu nzego zitandukanye by’umwihariko mu kubaka ubushobozi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura