Yanditswe Aug, 02 2022 20:30 PM | 63,461 Views
Nyuma yo kurahirira inshingano nshya yahawe n’umukuru w’igihugu, Minisitiri mushya w’ishoramari Eric Rwigamba aratangaza ko iyi minisiteri igiye kwihutisha gahunda yo kwegurira abikorera bimwe mu bigo leta ifitemo ishoramari, ariko bikajyana no kureba andi mahirwe y’ishoramari leta yabyaza umusaruro haba mu Rwanda cyangwa mu mahanga.
Umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Ildephonse Musafiri nawe avuga ko agiye gufatanya n’abo asanze muri uru rwego kongera ingufu muri gahunda yo kwihaza mu biribwa.
Divin Uwayo
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru