Yanditswe Nov, 04 2020 23:43 PM | 84,549 Views
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda akaba n’imboni y’akarere ka Musanze Général Major Albert MURASIRA yasabye abayobozi mu karere ka Musanze gushyira mu bikorwa ibyo bavuga bikava mu magambo kuko aribyo bizabafasha kuva mu myanya y’inyuma aka karere kajemo mu mihigo y’umwaka ushize wa 2019-2020.
Abatuye aka karere nabo ngo ntibashimishijwe n’umwanya akarere kagize bityo bakaba biyemeje gufatanya n’abayobozi.
AMAJYEPFO: Bahangayikishijwe n'indwara y'ubuganga yibasiye inka
Apr 06, 2022
Soma inkuru
Intara y'Amajyepfo ku isonga mu kurwanya igwingira mu bana
Jan 04, 2022
Soma inkuru