AGEZWEHO

  • Nyabihu: Abarokotse Jenoside batewe impungenge n'ingengabitekerezo ya Jenoside ikihagaragara – Soma inkuru...
  • Perezida Kagame yihanganishije Abanya-Kenya ku rupfu rw’Umugaba Mukuru w'Ingabo – Soma inkuru...

MINALOC irasaba abanyamadini kunganira abaturage mu gukemura ibibazo bibugarije

Yanditswe Jan, 20 2019 22:13 PM | 13,710 Views



Ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu MINALOC irasaba amadini n’amatorero yo mu turere twa Rusizi na Nyamasheke, guhuza inyigisho baha abakristu babo n’imibereho babayemo, aho gutanga izigisha ijambo ry’imana gusa bakanagira uruhare mu gukemura ibibazo bitandukanye biri mu miryango, nk’inda ziterwa abangavu ndetse n’ibibazo by’ubukene.

Insengero z’amadini n’amatorero atandukanye, ni zimwe mu ziganwa n’abaturage benshi, kuhahahira amasomo ajyanye no kubaka roho zabo nk’abakristu. Gusa abazigana bavugako hari bimwe na bimwe zibafasha ariko bakanagira nabo uruhare mu gufashanya gukemura ibibazo bicyugarije umuryango.

Abakristu b'torero Anglican Church nibo ba mbere bagize uruhare mu kubaka urusengero rwatwaye asaga miliyoni 200 z’amafaranga y’u Rwanda. Aha rero ngo naryo  rikaba hari ibikorwa bitandukanye rikora,mu gufasha mu iterambere ry’abaturage.

Ministiri w’ubutegetsi bw’igihugu prof  Shyaka Anastase,yifatanyije n’abanglican gutaha iyi catedrale biyubakiye. mu butumwa bwe, asaba abanyamadini n’amatorero mu turere twa rusizi na nyamasheke ,kuba aba mbere mu gufasha leta gukemura ibibazo by’abaturage doreko ngo roho nzima itura mu mubiri muzima.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira