Yanditswe Jun, 16 2016 12:44 PM | 3,586 Views
Ministeri y'ubuhinzi
n'ubworozi iremera ko habayeho amakosa mu mitegurire y'inama yigaga ku
bushakashatsi mu by'ubuhinzi ku buryo hari n'abayitabiriye bagize ikibazo cyo
kubura amafunguro. Mu gusoza iyi nama, ministiri Mukeshimana Geraldine yasabye
imbabazi abayitabiriye, avuga ko hafashwe ingamba zo gukosora amakosa
yagaragaraye.
Kuva ku wa mbere w'iki
cyumweru i Kigali hari hateraniye inama ku bushakashatsi mu by'ubuhinzi. Ni
inama yari yitabiriwe n'abahanga n'abashakashatsi mu by'ubuhinzi baturutse mu
bihugu bitandukanye byo ku mugabane w'afrika.
Mu bitangazamakuru binyuranye hagiye havugwaho kutishimira imitangire ya serivisi ndetse binagera naho bamwe mu bitabiriye iyi nama banenze kutagerwaho n’amafunguro.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru