AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

MINAGRI iremera ko habayeho ibura ry'amafunguro mu nama ya FARA

Yanditswe Jun, 16 2016 12:44 PM | 3,586 Views



Ministeri y'ubuhinzi n'ubworozi iremera ko habayeho amakosa mu mitegurire y'inama yigaga ku bushakashatsi mu by'ubuhinzi ku buryo hari n'abayitabiriye bagize ikibazo cyo kubura amafunguro. Mu gusoza iyi nama, ministiri Mukeshimana Geraldine yasabye imbabazi abayitabiriye, avuga ko hafashwe ingamba zo gukosora amakosa yagaragaraye.

Kuva ku wa mbere w'iki cyumweru i Kigali hari hateraniye inama ku bushakashatsi mu by'ubuhinzi. Ni inama yari yitabiriwe n'abahanga n'abashakashatsi mu by'ubuhinzi baturutse mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w'afrika.

Mu bitangazamakuru binyuranye hagiye havugwaho kutishimira imitangire ya serivisi ndetse binagera naho bamwe mu bitabiriye iyi nama banenze kutagerwaho n’amafunguro.

Inkuru irambuye mu mashusho:






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira