AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Kwita Izina: Mu Kinigi hatangiye imurikabikorwa ry'ibikorerwa mu Rwanda

Yanditswe Sep, 01 2022 17:34 PM | 175,837 Views



Mu Kinigi ahateganyijwe kubera ibirori byo kwita izina abana b'ingagi kuwa Gatanu tariki 2 Nzeri 2022, harimo kubera imurikabikorwa ryibanda ku bikorerwa mu Rwanda (Made in Rwanda) birimo imitako, imyenda, ikawa ihingwa mu Rwanda n'ibindi . 

Ni igikorwa kibaye ku nshuro ya mbere kuva umuhango wo Kwita Izina abana b'ingagi watangira kikabera mu kinigi. Abitariye iri murikabikorwa baturutse mu turere dutandukanye bavuga ko iki gikorwa kizatuma ibyo bakora birushaho kumenyakana Kandi bikagurwa ku bwinshi kuko aho bimurikirwa hahurira abantu benshi barimo abaza gusura ingagi.

Ubuyobozi bw'akarere ka Musanze buvuga ko gushyiraho gahunda yo kumurika ibintu bikenerwa na bamukerarugendo kandi byakorewe mu Rwanda, byakozwe mu rwego rwo guha amahirwe abamurika yo kwereka abantu benshi ibyo bakora mu gihe gito barimo n'abaturiye Pariki y'Igihugu y'Ibirunga.

Bitagenyijweko iri murikabikorwa rizarangira tariki ya 11 Nzeri ryitabiriwe n'abagera kuri 27 bakora ibikorwa bitandukanye.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura