AGEZWEHO

  • Abagore bari mu nzego z'ubuyobozi n'abazihozemo muri Loni basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali – Soma inkuru...
  • Amajyaruguru: Abaturage babangamiwe n'buriganya bukorwa n'abakomisiyoneri – Soma inkuru...

Kwita Izina: Mu Kinigi hatangiye imurikabikorwa ry'ibikorerwa mu Rwanda

Yanditswe Sep, 01 2022 17:34 PM | 173,849 Views



Mu Kinigi ahateganyijwe kubera ibirori byo kwita izina abana b'ingagi kuwa Gatanu tariki 2 Nzeri 2022, harimo kubera imurikabikorwa ryibanda ku bikorerwa mu Rwanda (Made in Rwanda) birimo imitako, imyenda, ikawa ihingwa mu Rwanda n'ibindi . 

Ni igikorwa kibaye ku nshuro ya mbere kuva umuhango wo Kwita Izina abana b'ingagi watangira kikabera mu kinigi. Abitariye iri murikabikorwa baturutse mu turere dutandukanye bavuga ko iki gikorwa kizatuma ibyo bakora birushaho kumenyakana Kandi bikagurwa ku bwinshi kuko aho bimurikirwa hahurira abantu benshi barimo abaza gusura ingagi.

Ubuyobozi bw'akarere ka Musanze buvuga ko gushyiraho gahunda yo kumurika ibintu bikenerwa na bamukerarugendo kandi byakorewe mu Rwanda, byakozwe mu rwego rwo guha amahirwe abamurika yo kwereka abantu benshi ibyo bakora mu gihe gito barimo n'abaturiye Pariki y'Igihugu y'Ibirunga.

Bitagenyijweko iri murikabikorwa rizarangira tariki ya 11 Nzeri ryitabiriwe n'abagera kuri 27 bakora ibikorwa bitandukanye.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Brig.Gen Rwivanga yasabye abiga muri RICA gusigasira ibyo u Rwanda rwagezeho

General Gatsinzi Marcel yashyinguwe

Ingabo za Congo zongeye kurasa ku butaka bw'u Rwanda

U Rwanda rwamaganye amakuru avuga ko RDF ifasha abarwanya FARDC

Abayobozi b'inzego z'ubuzima mu ngabo zo muri EAC mu nama ku bufatanye

Perezida Kagame yashimye inzego z'umutekano ku bwitange zagaragaje muri 202

RDF yatangaje ko ntaho ihuriye n'ibikorwa by'abahoze ari abarwanyi ba

Col Karuretwa yagizwe Brig General, anagirwa umuyobozi muri RDF