Yanditswe Oct, 08 2020 21:46 PM | 33,606 Views
Komite y'inzibacyuho y'itorero ry’abapentekositi mu Rwanda yatangiye imirimo yayo kuri uyu wa 4 nyuma yo gushyirwaho n’urwego rw’igihugu rushinzwe imiyoborere RGB.
Abagize iyi Komite y’inzibacyuho y'ADEPR ni abantu batanu bayobowe na Pasteur Ndayizeye Isaïe akaba n’umuyobozi uhagarariye uwo muryango mu rwego rw’amategeko. Bagiye bakurwa mu nzego zinyuranye, nko mu miryango mpuzamahanga, mu bigo by'imari, ariko bakaba banafite inararibonye mu mikorere y'iri torero.
Umuyobozi Mukuru wa RGB, Dr Usta Kaitesi yasabye abagize iyi komite kuvugurura inzego za ADEPR hagendewe ku cyerekezo cy'igihugu.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
4 hours
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru