AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Kigali harigirwa uko harandurwa indwara y'igituntu

Yanditswe Mar, 05 2019 12:04 PM | 3,488 Views



Abahanga baturutse mu bihugu 13 byo muri afrika barimo kwigira hamwe icyakorwa ngo iyi ndwara y'igituntu iranduke kuko hari ibihugu bimwe na bimwe muri afrika bifite abaturage bari hejuru 65% batazi ko bafite iyi ndwara. Abahanga mu buvuzi baragaragaza ko nubwo hari intambwe yatewe mu kurwanya indwara y'igituntu muri Afurika,  hakiri abaturage 39% batazi ko barwaye igituntu bityo ntibipimishe. Mu kwezi kwa Nzeri umwaka ushize, abakuru b'ibihugu na za Guverinoma bahuriye mu nama y'inteko rusange ya Loni, biyemeje ko nibura abantu bangana na miliyoni 40 bazaba basuzumwe indwara y'igituntu kugeza mu 2022. Muri aba bazasuzumwa, abagera kuri miliyoni 3.5 Ni abana, ibi bikorwa bikaba bizatwara miliyari 13 z'amadolari yose agomba gushakwa ku rwego rw'Isi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize