Yanditswe Mar, 11 2018 22:34 PM | 12,980 Views
Kuri
uyu wa mbere ingoro ndangamurage n’amateka yitiriwe Richard Kandt, ku bufatanye
na Ambasade y’ ubudage n’iya Israel bazamurika bimwe mu bikorwa byaranze abadipolomate mu gihe cy’intambara ya 2 y’isi, ubwo
Abayahudi bakorerwaga Jenoside abo badipolomate bakagaragagaza ubutwari, yewe
ndetse bamwe bakanarenga ku mategeko agenga ibihugu bari bahagarariye icyo gihe,
bagerageza gukiza abahigwaga.
Muri abo badipolomate bazibukwa banahabwa icyubahiro kubera kurenga ku nshingano bari bafite bagatabara abantu, harimo 9 bagaragara mu nzu ndangamateka yitiriwe Kandt bakomoka mu bihugu birimo Ubwongereza, Ubuyapani, Ubudage, Espanye, Swede, Peru, Turikiya, n’ Icyahoze ari Czechoslovakia.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru