Yanditswe Nov, 27 2016 16:45 PM | 4,804 Views
Mu gihe habura amasaha make Ngo kiliziya gatorika yizihize isabukuru y'imyaka 35 y'amabonekerwa ya kibeho, kuri iki gicamunsi imbaga y'abakristu n'abandi bake mu rugendo nyobokamana bamaze kuhagera n’ubwo itariki nyirizina itaragera. Ku itariki ya 28/11/1981 nibwo Alphonsine Mumureke wigaga muri college ya Kibeho yabonekewe na Bikira Mariya.
Ibihumbi by'abitabiriye kwizihiza iyi sabukuru yaba abanyarwanda n'abanyamahanga bari mu Masengesho abandi bava cyangwa bajya ku Isoko y'amazi ya Bikira Mariya:gusa ntibyoroshye kubona ayo mazi kubera ubwinshi bw'abayakeneye. Abanyarwanda n'abanyamahanga bakora ingendo nyobokamana I Kibeho basanga kwizihiza iyi sabukuru biyiziye ahabereye amabonekerwa bituma babasha guhamya no kwibonera aho ibyo amabonekerwa yabereye aho gukomeza kubibwirwa gusa.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru