AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Kaminuza y'u Rwanda yavuguruye intego yari yarihaye kugeraho mu myaka 7

Yanditswe Nov, 25 2021 17:24 PM | 39,069 Views



Ubuyobozi bwa Kaminuza y'u Rwanda bwavuguruye intego bwari bwarihaye mu myaka 7 kuva muri 2018-2025.

Ni mu rwego rwo kureba ibyagezweho mu myaka 3 ndetse no gushaka umuti wa bimwe mu bibazo iyi kaminuza yahuye na byo birimo ibyatewe no gushegeshwa n'icyorezo cya COVID19.

Mu biganiro byahuje iyi kaminuza n'izindi nzego za Leta zitandukanye n'abikorera basanga hari ibyo iyi kaminuza yanoza kugira ngo irusheho kuba icyitegererezo mu ruhando mpuzamahanga.

Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe iterambere n'icyerekezo cy'iyi kaminuza, Dr Musafiri Papias Malimba avuga ko muri iyi myaka ine isigaye kugira ngo intego bihaye zibe zagerwaho hari ibyo bagiye gushyiramo imbaraga aho hakenewe ingengo y'imari y'amafaranga asaga miliyari  346.

Iyi kaminuza ikaba ikeneye abafatanyabikorwa bayifasha kugera ku ntego zayo.

Kaminuza y’u Rwanda ifite koleje 6 zikagira amashami 22 hirya no hino mu gihugu ikaba ifite abanyeshuri bagera ku bihumbi 30.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira