AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

KOFFI OLOMIDÉ YAHANISHIJWE IGIFUNGO CY’IMYAKA 2 GISUBITSWE

Yanditswe Mar, 18 2019 16:42 PM | 7,973 Views



Umuhanzi w’injyana ya Rumba Koffi Olomidé, wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yahanishijwe igifungo cy’imyaka 2 gisubitswe kubera ibyaha byo gukorera ibyamfurambi umukobwa utujuje imyaka y’ubukure, w’imyaka 15 y’amavuko. 

Iki gihano yagihawe n’ubutabera bwo mu Bufaransa kuri uyu wa Mbere tariki 18 Werurwe 2019. 
Koffi, wakunze gushinjwa ibyaha nk'ibi byo guhohotera ababyinnyi be, yasabirwaga igihano cy’imyaka irindwi, ibyaha aregwa byabereye mu Bufaransa hagati yo mu myaka ya 2002 kugeza mu 2006. 
Aregwa ibyaha byo gushaka gusambanya bikoranywe guhohotera, no guhungabanya uburenganzira bw’uwo afitiho ububasha, barimo ababyinnyi be bane.


Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira