Yanditswe Oct, 08 2021 13:10 PM | 40,528 Views
Kuri uyu wa Gatanu, Itsinda ry'intumwa za leta ya Mozambique ziri mu Rwanda
zasuye icyanya cyahariwe inganda, Special Economic Zone berekwa ibikorwa by'inganda
zo mu Rwanda, bakaba banasuye uruganda rukora imyenda .
Abagize itsinda rya Mozambike babwiye abafite inganda zikora imyenda ko Mozambique ari igihugu gihinga ipamba kikayohereza mu Bushinwa.
Minisitiri w'Ubucuruzi n'Inganda muri Mozambique, Carlos Alberto Mesquita yavuze ko bibabaje kubona ipamba ihingwa muri Afurika ikagemurwa mu Bushinwa, ibihugu bya Afurika nabyo bikaritumiza mu Bushinwa.
Yatangaje ko hakwiye kujyaho ubuhahirane bw'ibihugu byombi hashingiwe ku mahirwe ahari.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru