AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Isengesho n'ubutumwa bwa Ubaldi Rugirangoga wa Kiriziya Gatulika

Yanditswe Apr, 11 2016 14:37 PM | 2,818 Views



Padiri Ubaldi Rugirangoga avuga ko abantu bazabazwa ibyo bakoze aho kubazwa ibyo bakorewe ariyo mpamvu asaba abarokotse jenoside kugirira imbabazi ababahemukiye nubwo nawe yemeza ko bitoroshye. Ubwo bari mu isengesho ryo gukira ibikomere bya jenoside kuri iki cyumweru bamwe mu bakristu bafashe umwanzuro wo kubabarira abashatse kubambura ubuzima.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura