Yanditswe Apr, 11 2016 14:37 PM | 2,818 Views
Padiri Ubaldi Rugirangoga avuga ko abantu bazabazwa ibyo bakoze aho kubazwa ibyo bakorewe ariyo mpamvu asaba abarokotse jenoside kugirira imbabazi ababahemukiye nubwo nawe yemeza ko bitoroshye. Ubwo bari mu isengesho ryo gukira ibikomere bya jenoside kuri iki cyumweru bamwe mu bakristu bafashe umwanzuro wo kubabarira abashatse kubambura ubuzima.
Inkuru mu mashusho:
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru