AGEZWEHO

  • Kenya yatangiye icyunamo cy'Umugaba Mukuru w'Ingabo wapfiriye mu mpanuka – Soma inkuru...
  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...

Ni agahebuzo: Tukwinjize mu byumba bizakira abimukira bazava mu Bwongereza

Yanditswe May, 19 2022 21:46 PM | 104,724 Views



Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu mpera z’uku kwezi biteganyijwe ko abimikura ba mbere bazagera mu Rwanda bavuye mu Bwongereza. 

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma Alain Mukuralinda yavuze ko hari ahantu 5 hatunganyijwe aba bimukira bazabamo.

Kuri uyu wa Kane, RBA yasuye ahantu 3 hateguwe hazacumbikirwa abimukira bazava mu Bwongereza, aho hafite ubushobozi bwo kwakira abantu 350.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira