AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Basanga ikoranabuhanga ryarazanye impinduka zikomeye mu butabera mu Rwanda

Yanditswe Jan, 10 2020 18:29 PM | 952 Views



Inzego zifite aho zihuriye n'ubutabera mu Rwanda ziratangaza ko ikoreshwa ry'ikoranabuhanga mu rwego rw'ubutabera ari kimwe mu bikwiye kwimakazwa mu muvuduko u Rwanda ruriho mu iterambere, ibi kandi ngo bigomba kugendana no guhashya ruswa mu Rwanda.

Ibipimo mpuzamahanga bigaragaza ko u Rwanda ruri ku mwanya wa 48 ku isi mu bihugu birangwamo ruswa nke, urwa 4 muri Afurika, rukaba urwa mbere muri mu muryango wa Afurika y'iburasirazuba.

Gusa, ruswa inugwanugwa muri uru rwego ni kimwe mu bikwiye kwitabwaho nk’uko Perezida w'urukiko rw'ikirenga Dr. Ntezilyayo Faustin abivuga.

Minisitiri w'Ubutabera Johnston Busingye avuga ko ikoreshwa ry'ikoranabuhanga ari kimwe mu bizafasha guhangana n'abishora mu byaha.

Ubufatanye n'inzego zitandukanye zirimo abaturage  mu kurwanya ibyaha bwitezweho kugabanya ibyaha bituma abantu bajyanwa muri za gereza.

Inama nk'iyi ihuza inzego zifite aho zihuriye n'urwego rw'ubutabera iterana 2 buri mwaka.

Kwizera John Patrick



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura