Yanditswe Jan, 04 2018 22:00 PM | 4,533 Views
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Ferwacy ryashyize ahagaragara gahunda y’amarushanwa nyafrika y’amagare azabera mu Rwanda hagati ya taliki 13 na taliki 18 Gashyantare 2018.
Umuyobozi wa
Ferwacy, Aimable Bayingana ,avuga ko bwa mbere u Rwanda ruzagira ikipe
y’abagore muri aya marushanwa afite ingengo y’imari ya miriyoni 150 z’amafaranga
y’u Rwanda.
Mu kiganiro na mugenzi wacu Eddy Sabiti, Bwana Bayingana yatangiye avuga impamvu u Rwanda rwatoranyijwe mu kwakira aya marushanwa ndetse n’imiterere y’iri rushanwa.
Ikiganiro:
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru