Yanditswe Mar, 13 2019 09:23 AM | 3,872 Views
Mu biro bya Minisitiri w'Intebe, kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Werurwe 2019, habereye Ikiganiro n'abanyamakuru gisobanura imyanzuro yafatiwe mu Mwiherero wa 16 w'Abayobozi wabaye kuva tariki 08 kugeza tariki 11 Werurwe 2019.
Uyu mwiherero waberaga i Gabiro mu karere ka Gatsibo, mu burasirazuba bw’u Rwanda ukaba wari uhurije hamwe Abayobozi basaga barenga 250 bahagarariye inzego zitandukanye za Leta, ibigo biyishamikiyeho ndetse n’ibigo byigenga n’iby’ubucuruzi.
Mu ngingo zikomeye bagarutseho muri uyu mwiherero zrimo
- Aho u Rwanda rugeze mu cyerekezo cy’iterambere
- Guteza imbere ireme ry’uburezi
- Guteza imbere ubuzima
- Kongera umusaruro w’ubuhinzi
- Guteza imbere ishoranamari no kongera ibyoherezwa mu mahanga
Uyu mwiherero watangijwe kandi usozwa ku mugaragaro n’umukuru w’igihugu Paul Kagame wijeje abanyarwanda ko igihugu gitekanye, abasaba gukora buri wese yita ku nshingano ze.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru