AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Ikiganiro n'abanyamakuru ku Mwiherero wa 16

Yanditswe Mar, 13 2019 09:23 AM | 3,872 Views



Mu biro bya Minisitiri w'Intebe, kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Werurwe 2019, habereye Ikiganiro n'abanyamakuru gisobanura imyanzuro yafatiwe mu Mwiherero wa 16 w'Abayobozi wabaye kuva tariki 08 kugeza tariki 11 Werurwe 2019.

Uyu mwiherero waberaga i Gabiro mu karere ka Gatsibo, mu burasirazuba bw’u Rwanda ukaba wari uhurije hamwe Abayobozi basaga barenga 250 bahagarariye inzego zitandukanye za Leta, ibigo biyishamikiyeho ndetse n’ibigo byigenga n’iby’ubucuruzi.

Mu ngingo zikomeye bagarutseho muri uyu mwiherero zrimo

-  Aho u Rwanda rugeze mu cyerekezo cy’iterambere

-  Guteza imbere ireme ry’uburezi

-  Guteza imbere ubuzima

-  Kongera umusaruro w’ubuhinzi

-  Guteza imbere ishoranamari no kongera ibyoherezwa mu mahanga

Uyu mwiherero watangijwe kandi usozwa ku mugaragaro n’umukuru w’igihugu Paul Kagame wijeje abanyarwanda ko igihugu gitekanye, abasaba gukora buri wese yita ku nshingano ze.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama