AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Nyabihu:Ababyeyi batewe impungenge n'ikibazo cy'amashanyarazi n'umuhanda udakoze

Yanditswe Mar, 23 2016 10:41 AM | 2,624 Views



Abagana ikigo nderabuzima cya Nyakiriba giherereye mu Kagali Tyazo mu murenge wa Rugera mu Karere ka Nyabihu, bemeza ko kutagira umuhanda ukoze neza bishyira ubuzima bwabo mu kaga. Nkuko babivuga,  iyo babohereje ku bitaro bya Shyira ngo bibasaba gukora urugendo rw’amaguru rugera hafi kw’isaha imwe, bahetse abarwayi ku ngombyi. Uretse ibyo ubuyobozi bw’iki kigo ngo bunafite kandi ikibazo  cy’ibikoresho n’inyubako nto y’aho babyariza ‘’ Maternité’’  ibi bigatumba badatanga service nziza kubabagana nkuko babyifuza.

Kubw’icyo kibazo cy’umuhanda, ngo kugeza imiti kuri icyo kigo nderabuzima birarushya. Ngo bisaba gushaka abayikorera ku mutwe, bigatuma imwe ipfa, uretse ibyo kandi, ngo kuba iki kigo kitagira uruzitiro no kuba gikunze kubura amashanyarazi ngo bibangamira abakigana.

Iki kibazo cy’amashyanyarazi ngo giterwa ahanini n’uko imirasire y’izuba bakoresho ikunda kubatenguha bitewe ahanini n’uko ari mu gace gakonja cyane karangwa n’imvura.

Ikigo nderabuzima cya Nyakiriba kimaze imyaka isaga 30, kuko cyubatswe mu 1986. Ku munsi cyakira abarwayi bari hagati ya 45 na 60, kikaba gifite abaforomo 11 harimo n’umuyobozi wacyo.

Tubafitiye inkuru irambuye:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira