AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Ikibazo cy'abaturage batazi ubwoko bw'amaraso yabo

Yanditswe Jun, 15 2016 09:57 AM | 2,198 Views



Abaturage barakangurirwa kwipimisha bakamenya ubwoko bw'amaraso yabo (groupes Sanguins) kuko ngo iyo bagiye kwa muganga bayakeneye bifata igihe gito ngo bayahabwe kuko ubwoko bwayo buba buzwi. 

Ibi ni mu gihe tariki ya 14 Kamena ya buri mwaka, ari umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ku bikorwa bijyanye no gutanga amaraso, kugira ngo abashishwe abayakeneye.

Gatare Swaibu uyobora ikigo cy'igihugu gishinzwe gutanga amaraso, ashishikariza abaturage kugana ahatangirwa amaraso kugira ngo bamenye ubwoko bwayo kuko bituma baramirwa mu buryo bwihuse iyo bagiye kwa muganga bayakeneye.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama