Yanditswe Oct, 07 2020 12:48 PM | 81,226 Views
Bamwe mu bagore bahawe akazi mu nzwego z’abikorera baravuga ko bafite ubushobozi bwo gutanga umusanzu wabo kugirango ibigo bakorera bibone umusaruro ufatika. Gusa abagore baracyari bake mu bikorera kuko hari n’aho batarenze 5% bigaturuka ku kuba bamwe mu bikorera bashyira imbere inyungu z’ibigo byabo hatitawe ku ihame ry’uburinganire.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru