AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Icyiciro cya 4 cy'impunzi n'abimukira 79 bavuye muri Libiya bageze mu Rwanda

Yanditswe Nov, 19 2020 22:07 PM | 115,084 Views



Icyiciro cya 4 cy'impunzi n'abimukira bagera kuri 79 baturutse muri Libiya bageze mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane. Biganjemo abagore n'abana ndetse n'abasore n'inkumi ubona ko bakiri bato.

Ku kibuga cy'indege Mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe bakiriwe n'itsinda ry'abakozi ba Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by'Ubutabazi ndetse n'ab'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Mpunzi. 

Hubahirizwaga ingamba zigamije kurinda abantu COVID19 ndetse aba uko ari 79 barahita bashyirwa ahabugenewe bapimwe, mbere yo guhuzwa n'abandi. Nyuma yo kubona ibisubizo bazajyanwa mu Nkambi y'Agateganyo ya Gashora.

U Rwanda rumaze kwakira abagera kuri 376, abakiri mu Rwanda ni 186, abagera ku 121 bamaze kubona ibihugu bibakira birimo Suede yakiriye 98 na Canada yakiriye 23. 

Paul RUTIKANGA 

AMAFOTO: Bienvenue MBARUSHIMANA



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura