Yanditswe Apr, 21 2017 14:54 PM | 3,339 Views
Kuva mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka abakoresha ibihangano cyane cyane indirimbo haba ku ma radiyo, television ndetse n'ahandi zishobora gukoreshwa bazajya bishyura bitewe n'urwego abakoresha iyo ndirimbo bariho.
Ibi ngo bigamije guca akajagari kaboneka mu guhererekanya indirimbo z'abahanzi bityo nabo bakajya bazibonamo inyungu kuko akenshi usanga baheruka bayishyira hanze ntibongere kugira indi nyungu bayibonamo.
Umuyobozi mukuru w'ikigo cy'igihugu cy'iterambere RDB, Clare Akamanzi asanga ibi bizatuma umuhanzi anakora ibihangano bifite ireme kandi n'igihugu kibyungukiremo
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru