AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Huye: Umuco wo kunywa kawa ugenda waguka mu bahinzi n'abaturage

Yanditswe Mar, 16 2016 11:54 AM | 2,025 Views



Mu karere ka Huye bamwe mu bahinzi ba Kawa, na bamwe mu baturage baratangaza ko bishimira uburyo babona icyo gihingwa ngenga bukungu kigenda kitabirwa kunywebwa muri aka karere, ubundi ngo bitari bisanzwe mu muco w’abahatuye. 

Aba bahinzi n’abaturage bakaba bavuga ko ibi biri guterwa n’uburyo Kawa itunganyije yabegerejwe binyuze mu bashoramari muri icyo gihingwa. Gusa ngo haracyakenewe ko benshi bahugurwa uburyo bwo kuyitunganyiriza kugira ngo ibashe kugera kuri benshi.







Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira