Yanditswe Mar, 16 2016 11:54 AM | 2,025 Views
Mu karere ka Huye bamwe mu bahinzi ba Kawa, na bamwe mu baturage baratangaza ko bishimira uburyo babona icyo gihingwa ngenga bukungu kigenda kitabirwa kunywebwa muri aka karere, ubundi ngo bitari bisanzwe mu muco w’abahatuye.
Aba bahinzi n’abaturage bakaba bavuga ko ibi biri guterwa n’uburyo Kawa itunganyije yabegerejwe binyuze mu bashoramari muri icyo gihingwa. Gusa ngo haracyakenewe ko benshi bahugurwa uburyo bwo kuyitunganyiriza kugira ngo ibashe kugera kuri benshi.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru