AGEZWEHO

  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...
  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...

Huye: Abacururiza muri 'emballages' z'ayandi ma sosiyete y'ubucuruzi

Yanditswe May, 16 2016 11:20 AM | 2,385 Views



Mu gihe ikigo cy’igihugu gitsura ubuziranenge (RSB), gitangaza ko gupfunyika bimwe mu bicuruzwa muri za 'emballages' z’izindi nganda bitemewe kandi bikanabangamira ubuziranenge bw’ibyo bicuruzwa.

Bamwe mu bacuruzi bo mu karere ka Huye bacururiza muri izo emballages z’abandi, bavuga ko kuzikoresha ari ukubura izindi zabugenewe, ariko kandi abandi bakagaragaza ikibazo cyo kudasobanukirwa n’amategeko agenga ibijyanye na za embalages bigatuma batabyitaho.

Abacuruza amavuta yo guteka arimo ay’ubuto ndetse n’amamesa, usanga bayacururiza mu ducupa tuvamo amazi akorerwa mu nganda, cyangwa utuvamo inzoga.

Uretse aba bacuruzi b’ibiribwa, usanga kandi na bamwe mu banyenganda zitunganya ibinyobwa muri aka karere, nabo bavuga ko ngo bahura n’imbogamizi zo kutagira embalage z’amacupa zabo bwite, bigatuma bifashisha amacupa y’izindinganda.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura