AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Habaye igikorwa cyo kwibuka abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi batawe mu kiyaga cya Muhazi

Yanditswe Jun, 18 2022 13:23 PM | 118,528 Views



Kuri uyu wa Gatandatu, mu Murenge wa Rutunga mu Karere ka Gasabo habereye igikorwa cyo kwibuka abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi batawe mu kiyaga cya Muhazi.

Ni igikorwa cyabereye ku nkengero z'ikiyaga cya Muhazi, kibimburirwa no gushyira indabo mu kiyaga cya Muhazi mu rwego rwo kunamira no kuzirikana Abatutsi bajugunywe muri icyo kiyaga mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi.

Kugeza ubu amazina 71 n'iyo yamenyekanye y'abajugunywe aho muri Muhazi, hafi y'icyo kiyaga hakaba harashyizweho ikimenyetso cyihariye cyanditseho amazina yabo, abandi imyirondoro yabo ntiramenyekana.

Mu buhamya bwatanzwe n'umwe mu barokotse Jenoside utuye mu murenge wa Rutunga, yasonanuye ko mu gihe cya Jenoside bahuye n'akaga gakomeye ndetse bakaba barayiburiyemo benshi bo mu miryango yabo.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira