Yanditswe Jul, 02 2016 21:14 PM | 3,495 Views
Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa gatandatu yahawe impamyabushobozi y'icyubahiro na kaminuza ya Bahir Dar yo mu gihugu cya Ethiopia. Iyo mpamyabushobozi yiswe "Honorary Doctors of Laws, Honoris Causa" ikaba ihawe umukuru w'igihugu bwa mbere mu mateka.
Perezida Paul Kagame yashyikirijwe iyo mpamyabushobozi
y'icyubahiro na Perezida wa Ethiopia Mulatu Teshome kubera uruhare yagize mu
guteza imbere U Rwanda ndetse no kuba ijwi ry'iterambere ry'imibereho myiza
n'ubukungu ku mugabane wa Afurika.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru