Yanditswe May, 13 2019 16:56 PM | 4,510 Views
Guhera mu myaka iri hagati
y'itatu n'itanu iri imbere mu Rwanda ntihazongera kubakwa umuhanda n'umwe
w'ibitaka kuko n'aho iyo mihanda ikiri biteganyijwe ko igomba gusimbuzwa
kaburimbo yoroheje uko imyaka ihita.
Ku ikubitiro, kilometero 500 z'imihanda ifasha abaturage kugeza umusaruro wabo ku masoko mu turere 6, zikaba zizatangira kubakwa guhera mu kwezi gutaha.
Mu kiganiro cyihariye na mugenzi wacu Divin UWAYO, Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y'ibikorwa remezo ushinzwe gutwara abantu n'ibintu Eng. UWIHANGANYE Jean De Dieu yatangiye asobanura impamvu izi ngamba nshya zashyizweho.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru