AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

HAGIYE KUBAKWA IBIROMETERO 500 BYA KABURIMBO NSHYA

Yanditswe May, 13 2019 16:56 PM | 4,510 Views



Guhera mu myaka iri hagati y'itatu n'itanu iri imbere mu Rwanda ntihazongera kubakwa umuhanda n'umwe w'ibitaka kuko n'aho iyo mihanda ikiri biteganyijwe ko igomba gusimbuzwa kaburimbo yoroheje uko imyaka ihita.

Ku ikubitiro, kilometero 500 z'imihanda ifasha abaturage kugeza umusaruro wabo ku masoko mu turere 6, zikaba zizatangira kubakwa guhera mu kwezi gutaha.

Mu kiganiro cyihariye na mugenzi wacu Divin UWAYO, Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y'ibikorwa remezo ushinzwe gutwara abantu n'ibintu Eng. UWIHANGANYE Jean De Dieu yatangiye asobanura impamvu izi ngamba nshya zashyizweho.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura