AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Gasabo: Polisi y'u Rwanda yangije ibiyobyabwenge bifite agaciro ka Miliyoni 16

Yanditswe Dec, 30 2017 22:23 PM | 5,392 Views



Ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 16 n’igice nibyo polisi y’igihugu yangije mu Murenge wa Nduba mu karere ka Gasabo. Ibi biyibyabwenge byafashwe na polisi nyuma y’umukwabu wakozwe mu baturage.

Polisi y’igihugu itangaza ko igiye kurushaho gukaza ingamba zirwanya ibiyobyabwenge ku kubufatanye n’abaturage.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura