AGEZWEHO

  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Ni igikorwa kigayitse ku Bufaransa- Amb. Anfré avuga ku bakozi babo bishwe muri Jenoside – Soma inkuru...

GAKENKE: ABANYESHURI BAKORA URUGENDO RURENZE IBIROMETERO 20

Yanditswe May, 03 2019 13:42 PM | 7,758 Views



Mu murenge wa Minazi muri Gakenke hari abanyeshuri bakora urugendo rurenze ibirometero 20 n’amaguru bajya kwiga, bityo bikaba bigira ingaruka ku myigire yabo bikanatuma abenshi bata ishuri dore ko mu gihembwe giherutse muri 350 bahiga, abanyeshuri 30 barivuyemo. 

Ubuyobozi bw’umurenge buvuga ko hari indi nyubako yabonetse muri tumwe mu tugari tugize umurenge ku buryo izakoreshwa mu burezi bw’imyaka 9 hagamijwe kugabanya urugendo abanyeshuri bakora.


Inkuru ya Ally Muhirwa




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura