Yanditswe November, 11 2018 at 18:58 PM | 36364 Views
Madamu wa Perezida wa Haïti Martine Moïse, yasuye
urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi ashyira indabo ku mva, anunamira
imibiri irenga ibihumbi 250 ishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa
Kigali.
Madam wa Perezida wa Haïti Martine Moïse yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga ku kuboneza urubyaro ICFP.
Ku kibuga mpuzamahanga cy'indege cya Kigali yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze, Dr Ndimubanzi Patrick wari kumwe n'abandi bayobozi.
Perezida w’igihugu cya Estonia Madamu Kersti Kaljulaid asanga abanyarwanda bamaze gutera intam ...
November 16, 2017 at 19:00 PM
Soma inkuru
Minisitiri w'intebe wa Saotome et Principe, Patrice Trovoada yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa ...
December 27, 2016 at 15:36 PM
Soma inkuru