Yanditswe Apr, 15 2016 18:00 PM
1,870 Views
Ubuyobozi bw’ikigega gitera
inkunga abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (FARG), buravuga ko inzu 3036 mu zigera ku 12,655 arizo FARG izatangira ubufasha bwo gusanwa,
izisigaye ba nyirazo bakazashaka ubushobozi bwo kuzisanira.
Umuyobozi mukuru w’Ikigega gitera inkunga abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (FARG), Ruberangeyo Theophile avuga ko ibarura ry’inzu z’abarokotse Jenoside zikenewe gusanwa ryagaragaje ko ari 12,655, ariko izizatangirwa ubufasha na FARG zikaba ari 3036.
Uyu muyobozi yavuze ko mu nzu 3036 FARG igomba gusana, izigera ku 2225 zamaze gusanwa, izisigaye kuri zo zikazasanwa mu gihe kiri imbere, uko ubushobozi buzagenda buboneka.
Abanyeshuri barihirwa na FARG 120 biga muri UTB bamaze umwaka nta buruse babona bigatuma imibereho y ...
Jan 07, 2020
Soma inkuru
Abanyeshuri barenga 600 bo muri IPRC Kigali baravuga ko bamaze amezi atanu badahabwa amafaranga yo k ...
Aug 09, 2019
Soma inkuru
Farumasi zigera ku 8 zikorana na FARG zafashe icyemezo cyo guhagarika igikorwa cyo guha imiti abo ba ...
May 10, 2019
Soma inkuru
Les rescapés du génocide perpétré contre les Tutsi qui reçoivent ...
Apr 25, 2019
Soma inkuru
Ubuyobozi bw'ikigega cya leta gishinzwe gutera inkunga abatishoboye barokotse Jenoside yakorewe ...
Apr 05, 2017
Soma inkuru