Yanditswe Apr, 15 2016 18:00 PM | 2,455 Views
Ubuyobozi bw’ikigega gitera inkunga abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (FARG), buravuga ko inzu 3036 mu zigera ku 12,655 arizo FARG izatangira ubufasha bwo gusanwa, izisigaye ba nyirazo bakazashaka ubushobozi bwo kuzisanira.
Umuyobozi mukuru w’Ikigega gitera inkunga abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (FARG), Ruberangeyo Theophile avuga ko ibarura ry’inzu z’abarokotse Jenoside zikenewe gusanwa ryagaragaje ko ari 12,655, ariko izizatangirwa ubufasha na FARG zikaba ari 3036.
Uyu muyobozi yavuze ko mu nzu 3036 FARG igomba gusana, izigera ku 2225 zamaze gusanwa, izisigaye kuri zo zikazasanwa mu gihe kiri imbere, uko ubushobozi buzagenda buboneka.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru