AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

FARG mu gikorwa cyo gusana ingo ibihumbi 12, 655

Yanditswe Apr, 15 2016 18:00 PM | 2,455 Views



Ubuyobozi bw’ikigega gitera inkunga abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (FARG), buravuga ko inzu 3036 mu zigera ku 12,655 arizo FARG izatangira ubufasha bwo gusanwa, izisigaye ba nyirazo bakazashaka ubushobozi bwo kuzisanira. 

Umuyobozi mukuru w’Ikigega gitera inkunga abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (FARG), Ruberangeyo Theophile avuga ko ibarura ry’inzu z’abarokotse Jenoside zikenewe gusanwa ryagaragaje ko ari 12,655, ariko izizatangirwa ubufasha na FARG zikaba ari 3036.

Uyu muyobozi yavuze ko mu nzu 3036 FARG igomba gusana, izigera ku 2225 zamaze gusanwa, izisigaye kuri zo zikazasanwa mu gihe kiri imbere, uko ubushobozi buzagenda buboneka.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira