AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

EUCL yafashe abantu babiri bacyekwaho kwiba amashanyarazi

Yanditswe Mar, 03 2018 14:58 PM | 7,438 Views



Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza amashanyarazi EUCL, kiratangaza ko cyakajije ubugenzuzi butahura abiba umuriro w’amashayanrazi bagamije inyungu ku giti cyabo bigatera igihombo igihugu. Ni nyuma yaho Nyabugogo hafatiwe abantu 2 bakekwaho kwiba umuriro w’amashanyarazi ukoreshwa mu nganda zabo.

Abacyekwaho kwiba umuriro w’amashanyarazi ni abafite inganda zitunganya ibigori bakorera ku giti cy’inyoni mu kagari ka Nyabugogo akarere ka Nayrugenge. Umwe mu bacyekwaho kwiba amashanyarazi avuga ko amaze igihe gito ahakorera bityo ngo ntazi iby’iki kibazo cyigaragazwa n’abakozi ba REG babishinzwe.

Habimana Marcel umukozi wa EUCL ishami rya Jabana avuga ko hasigaye hari uburyo bwo kwiba amashanyarazi mu buryo bukoresheje ubuhanga. Ati, "Hari aho binjira muri cash power imbere bagafata insinga 2 cyangwa 1 bakarukata kugirango memoir ya cash power ye gukora, noneho umuriro wa network yacu bakawufata utarinjira muri mubazi, ugahita usohoka ujya kuri machine zabo, ni ukuvuga memoir baba bayihagaritse aribyo bakoze aha bashyize insinga, uyu muriro ujya ku mashini zabo uba ukoreshwa ariko utazwi."

Abaturage basabwa kujya batanga amakuru y’aho bicyekwa ko bashobora kuba bakoresha umuriro w’amashanyarazi mu buryo budasobanutse



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira