AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Dr Ngirente yitabiriye umuhango wo gufungura umuhanda wiswe Arusha Bypass

Yanditswe Jul, 22 2022 12:05 PM | 62,866 Views



Kuri uyu wa Gatanu, I Arusha muri Tanzania harabera inama isanzwe ya 22 y’abakuru b’ibihugu baganira ku gushimangira ukwishyira hamwe no kwagura ubutwererane mu muryango wa Afrika y’iburasirazuba.

 U Rwanda ruhagarariwe na Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente. Mbere y’uko iyi nama itangira, minisitiri w’intebe w’u Rwanda yifatanyije n’abakuru b’ibihugu bayitabiriye mu gufungura umuhanda wiswe Arusha Bypass ureshya n’ibilometero 42.4.

Ni umuhanda wa kaburimbo uturuka ahitwa Ngaramtoni, ugahurira n’umuhanda wa Dodoma ahitwa Kisongo ugakomeza werekeza ahitwa Usa. Uyu muhanda witezweho kunganira usanzwe ukoreshwa cyane wa Moshi - Arusha ukazoroshya urujya n’uruza rw’abantu n’ibicuruzwa biva ku cyambu cya Mombasa byerekeza mu muhora wo hagati bihingukiye ahitwa Singida.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rurishimira ibyagezweho mu kurwanya Malariya

Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw