AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Dr Mujawamariya yavuze ko u Rwanda rwashyizeho ingamba zigabanya imyuka ihumanya ikirere

Yanditswe Jun, 18 2021 12:04 PM | 74,023 Views



Ku munsi wa kabiri w'ibiganiro ku mahoro, umutekano n'ubutabera bibera mu  ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda i Musanze, Minisitiri w'Ibidukikije Dr. Mujawamariya Jeanne d'Arc avuga ko ugereranyije n'akarere u Rwanda ruherereyemo, rwashyizweho ingamba zigamije kugabanya imyuka ihumanya ikirere.

Ibiganiro byo kuri uyu munsi, byibanze ku iyangizwa ry'ibidukikije, nk'ikibazo gikomeye cy'umutekano muri Afurika.

Dr Mujawamariya yabwiye abari muri ibi biganiro ko u Rwanda rwashyizeho amategeko arengera ibidukikije, agashyirwa mu bikorwa ku bufatanye na Polisi y'u Rwanda.

Minisitiri Mujawamariya avuga ko mu cyerekezo 2050, hakenewe kongera imbaraga mu kubungabunga ibidukikije ku mugabane wa Afurika.

Yatangaje ko u Rwanda rwatangiye iyo gahunda, kuko ubu inganda zikora ibyo gupfunyikamo zishishikarizwa gukora ibikoresho bidakozwe muri pulasitiki .

Yavuze ko mu zindi ngamba leta yashyizeho, harimo guca buhororo buhoro ibicanwa by'amakara, abantu bakaba bashishikarizwa gukoresha Gaz.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira