AGEZWEHO

  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...
  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...

COVID-19: Abanyeshuri batangiye gusubira ku mashuri nyuma y’amezi 8 bari murugo

Yanditswe Oct, 29 2020 22:35 PM | 81,677 Views



Kuri uyu wa Kane icyiciro cya mbere cy’abanyeshuri cyatangiye gusubira ku mashuri nyuma y’amezi 8 basubijwe mu ngo kubera COVID-19.

Kuri stade ya Kigali i Nyamirambo niho aba banyeshuri basangaga amabisi abategereje kugira ngo abajyane ku bigo by'amashuri.

Bitandukanye n'uko ubusanzwe bategeraga muri gare mpuzamahanga ya Nyabugogo bakahahurira n'abandi bagenzi. Ni mu rwego rwo kwirinda akajagari no kugabanya ubucucike bushobora kubaviramo kwandura icyorezo cya COVID 19.

Kwinjira muri stade ya Kigali aho imodoka zari ziparitse umubyeyi wabaga aherekeje umunyeshuri ntiyemererwaga kwinjira.Umunyeshuri yinjiraga yambaye neza agapfukamunwa,agakaraba intoki,agapimwa umuriro bakamuyobora ku modoka imujyana ku kigo yigaho.

Bamwe muri aba banyeshuri bishimira ko nyuma y'amezi agera ku 8 bari mu rugo kubera icyorezo cya COVID19 Nbongeye gusubira kwishuri kandi bigategurwa neza.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura