AGEZWEHO

  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...
  • Nyabihu: Abarokotse Jenoside batewe impungenge n'ingengabitekerezo ya Jenoside ikihagaragara – Soma inkuru...

COVD19: MINISANTE yavanyeho ibikorwa byo gupima umuriro ku binjira mu nyubako

Yanditswe Mar, 17 2022 16:10 PM | 46,900 Views



Minisiteri y'Ubuzima ivuga ko ibikorwa byo gupima umuriro ku marembo y'ahahurira abantu benshi bitagikenewe kandi bitagifatwa nk'imwe mu ngamba zo kwirinda ikwirakwizwa rya Covid-19.

Yasabye abahagarariye ibigo bya Leta n'ibyigenga, abategura gahunda zihuriza hamwe abantu benshi guhagarika ibikorwa byo gupimira umuriro aho abantu binjirira.

MINISANTE yanasabye abanyarwanda gukomeza kwitabira kwikingiza byuzuye, harimo no guhabwa urukingo rwo gushimangira ku bujuje ibisabwa, kwambara neza agapfukamunwa no gukaraba intoki kenshi kandi neza.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira