Yanditswe Jun, 20 2022 10:15 AM | 71,699 Views
Minisitiri w'Intebe wa w'Ibirwa bya Bahamas, Philip Davis, yegeze mu Rwanda aho ari mu bayobozi ba za Guverinoma bitabiriye Inama y'abakuru b'ibihugu na za Guverinoma ( CHOGM) bahuriye mu muryango w'ibihugu bikoresha ururimi rw'icyongereza wa Commonwealth.
Igihugu cya Bahamas giherereye mu nyanja ya Atlantic ku mugabane wa Amerika y'Amajyaruguru, kikaba gifite abaturage 393,248. Iki gihugu cya Bahamas ni igihugu gikoresha ururimi rw'icyongereza nk'ururimi rwemewe n'amatekegeko kikaba igihugu kiri mu muryango wa Commonwealth.
Mu kwezi Kwa 4 uyu mwaka Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubwo yasuraga Jamaica yahuye na Minisitiri w'intebe wa Bahamas.
Reba amashusho Minisitiri w'Intebe wa w'Ibirwa bya Bahamas, Philip Davis, yegeraga mu Rwanda.
Ikarita igaragaza aho Ibirwa bya Bahamas biherereye.Minisitiri w'Intebe wa Bahamas Philip Davis.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru