AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Bugesera: Shampiyona y'amagare yatangiye yegukanwa na Adrien Niyonshuti

Yanditswe Jun, 25 2016 20:06 PM | 3,006 Views



Adrien NIYONSHUTI nyuma y’imyaka 2 atitwara neza nkuko abivuga muri shampiyona y’umukino w’amagare mu Rwanda, niwe wegukanye iyi shampiyona mu gusiganwa umuntu ku giti cye, ibyo bakunze kwita Individual Time Trial mu rurimi rw’icyongereza. Mu cyiciro cy’abakobwa Jeanne D’arc Girubuntu niwe wayoboye abandi.

Biteganyijwe ko kuri iki cyumweru abasiganwa bazahaguruka mu mujyi wa Muhanga berekeza Huye basiganwa mu muhanda ibyo bita Road Race. Muri shampiyona y’ubushize Individual Time trial yegukanywe na Valens Ndayisenga naho Biziyaremye Joseph yegukana Road Race

Ariane Uwamahoro Television y’u Rwanda mu karere ka Bugesera

Inkuru irambuye mu mashusho:




Rogers

CONGZ NIYONSHUTI KOMEREZA AHO Jun 28, 2016


Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira