AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Barishimira kuba babyaye ku munsi mukuru wa noheli

Yanditswe Dec, 26 2019 10:48 AM | 1,883 Views



Ibitaro bitandukanye mu mujyi wa Kigali biratangaza ko hari umubare munini wabana bavukiye muri ibyo bitaro.

Abagire babyariye muri ibyo bitaro batangaje ko bishimiye uburyo bibarutse. Gusa, Ministeri y’Ubuzima ntigaragaza umubare w’abana bavutse mu gihugu hose muri iri joro rishyira noheli ariko kandi ngo ijanisha ikora rigaragaza ko ku munsi havuka abana 875

Ku munsi mukuru wa Noheli Ku bitaro bya Kibagabaga abagore 13 ni bo babyaye, mu gihe ku bitaro bya Kiminuza bya Kigali abagore 5 ari bo babyaye.

Bishimira ko kubyara kuri uyu munsi wa Noheli ari ibirori n'ubwo baba bari kwa muganga.

Ku ruhande rw'abaganga bavuga ko kuri uyu munsi wa Noheli abagore babyariye mu bitaro hari abaterankunga babishyurira amafaranga ya serivisi.

Ministeri y’Ubuzima yo ntigaragaza umubare w’abana bavutse mu gihugu hose muri iri joro rishyira noheli ariko kandi ngo ijanisha ikora rigaragaza ko ku munsi havuka abana 875 mu gihe mu kwezi havuka abana ibihumbi 26,253.

Jean Paul TURATSINZE



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama