Yanditswe Dec, 26 2019 10:48 AM | 1,883 Views
Ibitaro bitandukanye mu mujyi wa Kigali biratangaza ko hari umubare munini wabana bavukiye muri ibyo bitaro.
Abagire babyariye muri ibyo bitaro batangaje ko bishimiye uburyo bibarutse. Gusa, Ministeri y’Ubuzima ntigaragaza umubare w’abana bavutse mu gihugu hose muri iri joro rishyira noheli ariko kandi ngo ijanisha ikora rigaragaza ko ku munsi havuka abana 875
Ku munsi mukuru wa Noheli Ku bitaro bya Kibagabaga abagore 13 ni bo babyaye, mu gihe ku bitaro bya Kiminuza bya Kigali abagore 5 ari bo babyaye.
Bishimira ko kubyara kuri uyu munsi wa Noheli ari ibirori n'ubwo baba bari kwa muganga.
Ku ruhande rw'abaganga bavuga ko kuri uyu munsi wa Noheli abagore babyariye mu bitaro hari abaterankunga babishyurira amafaranga ya serivisi.
Ministeri y’Ubuzima yo ntigaragaza umubare w’abana bavutse mu gihugu hose muri iri joro rishyira noheli ariko kandi ngo ijanisha ikora rigaragaza ko ku munsi havuka abana 875 mu gihe mu kwezi havuka abana ibihumbi 26,253.
Jean Paul TURATSINZE
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru