AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Bamwe mu baturage bavuga ko imiyoboro ishaje ya REG ariyo itera ibura ry'umuriro

Yanditswe Dec, 23 2018 22:33 PM | 19,371 Views



Gusaza  kw'imiyoboro na za kabine z'umuriro w'amashanyarazi hirya no hino mu mujyi wa Kigali, bikomeje kugaragara kuri bamwe nk'imwe mu mpamvu zikoma mu nkokora ikwirakwiza ra ry'amashanyarazi mu bice bimwe by'uyu  mujyi ukoresha hejuru ya 50 % by'amashanyarazi yose yo mu gihugu.

Kwaguka ku mujyi wa Kigali bigaragarira ku mabare w'abaturage bagenda biyongera harimo n' ibikorwaremezo umujyi ugenda wunguka, gusa bimwe muri ibi bikorwaremezo n'ibyifashisha umuriro w'amashanyarazi gusa gusaza kwa bimwe muri ibi bikorwaremezo nk' imiyoboro na za kabine byumwihariko bifite ingaruka ku gutarakara kw'amashanyarazi aturuka ku ngomero mbere yuko atangira gukoreshwa.

Umuyobozi ushinzwe igenamigambi muri sosiyete y'amashanyarazi EUCL Gakwavu Claver avuga kuri ubu hari ubwoko 3 bwa kabine zirimo gushyirwa mu bice bitandukanye by’ umujyi wa Kigali bitewe no kwaguka kwawo.

Bamwe mu baturage bafite imirimo yifashisha umuriro w’amashanyarazi bagaraza isanwa ziyi miyoboro ndetse na kabine bigenda bikemura ikibazo cyakoma mu nkokora imirimo yabo.

Imibare garagaza ko mu gihe cy’ imyaka 10 ishize hafi 40 % by’umuriro wo m Rwanda watakariraga mu miyoboro utaragera kubawukurosha kubera gusaza kw’imiyoboro.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama